Perezida Kagame yasuye abitegura kuba ba Ofisiye mu Ishuri rya Gisirikare i Gako(Amafoto)

Mu mwambaro wa Gisirikare Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, yahuye n’abanyeshuri bitegura ku aba Ofisiye biga mu ishuri rya gisirikare i Gako mu karere ka Bugesera.

Kuri uyu wa kane Tariki 29 Ukwakira 2020 nibwo umukuru w’igihugu yahuye n’aba banyeshuri biga mu kiciro cy’aba Ofisiye mu ishuri rya gisirikare ari kumwe n’umugaba mukuru w’ingabo  z’u Rwanda Gen.Jean Bosco Kazura.

 

 

 

 

Foto: Village Urugwiro

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *