Minisiteri y’Uburezi (Mineduc)yatangaje gahunda y’ingendo ku banyeshuri biga bacumbikirwa, bazatangira gusubira ku mashuri kuwa kane tariki 15 Mata 2021.
Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, kuri uyu wa gatatu Mineduc yatangaje uburyo abanyeshuri bagiye gusubira ku bigo myuma y’ibyumweru 2 bari bamaze mu biruhuko.
Aha kdi yatangaje ko abajya ku mashuri baturutse mu mujyi wa Kigali n’abazahanyura bajya mu ntara zitandukanye bazafatira imodoka muri Sitade ya Kigali iri Nyamirambo.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…