Minisiteri y’Uburezi (Mineduc)yatangaje gahunda y’ingendo ku banyeshuri biga bacumbikirwa, bazatangira gusubira ku mashuri kuwa kane tariki 15 Mata 2021.
Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, kuri uyu wa gatatu Mineduc yatangaje uburyo abanyeshuri bagiye gusubira ku bigo myuma y’ibyumweru 2 bari bamaze mu biruhuko.
Aha kdi yatangaje ko abajya ku mashuri baturutse mu mujyi wa Kigali n’abazahanyura bajya mu ntara zitandukanye bazafatira imodoka muri Sitade ya Kigali iri Nyamirambo.
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…