Minisiteri y’Uburezi (Mineduc)yatangaje gahunda y’ingendo ku banyeshuri biga bacumbikirwa, bazatangira gusubira ku mashuri kuwa kane tariki 15 Mata 2021.
Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, kuri uyu wa gatatu Mineduc yatangaje uburyo abanyeshuri bagiye gusubira ku bigo myuma y’ibyumweru 2 bari bamaze mu biruhuko.
Aha kdi yatangaje ko abajya ku mashuri baturutse mu mujyi wa Kigali n’abazahanyura bajya mu ntara zitandukanye bazafatira imodoka muri Sitade ya Kigali iri Nyamirambo.
Kuri iki gicamunsi, Ambasaderi w'u Rwanda muri Senegal Karabaranga Jean Pierre yasuye ikipe ya APR…
Ni ibikubiye mu butumwa Harmonize yasangije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagaragaje ubutumwa Shakib…
Umuhanzi Kenny Sol n'umugore we bari mu byishimo bihambaye nyuma y'uko yibarutse imfura yabo. Amakuru…
Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje icyo azakora aramutse atsinzwe amatora ya perezida…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gicurasi 2024, Abantu babiri bacyekwagaho ubujura…
Kuri uyu wa Kane tariki 2 Gicurasi 2024, byemejwe ko ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'Umupira…