Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri rwitezweho kongera imbaraga z’umubano w’Ibihugu byombi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 27 Gicurasi 2021, nibwo Perezida Macron yageze ku kibuga k’Indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe, akaba yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr. Vincent Biruta. arikumwe n’Ambasaderi w’u Rwanda mu Bufaransa, Dr François Xavier Ngarambe na Chargé d’Affaires wa Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda, Jérémie Blin.
Perezida Emmanuel macron yanditse amateka yo kuba ari Umuperezida wa kabiri w’Ubufaransa, ukandagiye ku butaka bw’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Uruzinduko rwa Perezida Macron rukaba rwitezweho gukomeza umubano w’ibihugu byombi, nyuma y’uko Ubufaransa bwakomeje gutungwa agatoki mu kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Perezida Kagame yihanganishije mugenzi we wa Kenya, William Ruto n'Abanya-Kenya kubera imiryango yakuwe mu byabo…
Ikipe ya Police Fc yegukanye igikombe cy'Amahoro itsinze ikipe ya Bugesera Fc bigoranye ibitego 2-1…
Umwana w'imyaka ibiri w'umuhungu witwa Iremukwishaka Viateur aravugwaho gutwikirwa mu nzu biturutse ku mubyeyi we…
Mu Kagari ka Gataba, mu Murenge wa Rusasa Akarere ka Gakenke, haravugwa inkuru y'abaturage baraye…
Ukraine yongeye gukora ibitero bya dorone byibasiye uruganda rutunganya amavuta rwa Ryazan imbere mu Burusiya.…
Mu mwaka ushize ubwo ikipe ya As Kigali yasezereraga bamwe mu bakinnyi bayo barimo na…