Ku mugoroba wo kuriki Cyumweru tariki 04 Nyakanga 2021, nibwo Umuhanzi Mico The Best yambitse impeta umukunzi we bitegura kubana, Ibirori byabaye mu ibanga cyane kuko nta bantu benshi bari bahari cyane ko bitanemwe kubera COVID-19.
Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru nibwo uyu muhango wabaye , aho uyu Muhanzi umaze kubaka izina mu muziki Nyarwanda yambikaga impeta uyu mukunziwe amusaba kuzamubera umugore bimaze kumenyekana nko Gutera Ivi.
Uyu mukobwa bagiye kubana, azwi nka Clarisse, ntabwo amenyerewe cyane mu myidagaduro yo mu Rwanda gusa yigeze kujya amurika imideli nubwo byamaze igihe gito. Yanagaragaye mu gace gato ka filime ya Bad Rama yitwa ‘Cowboy’.
Gusa bivugwa ko batamaranye igihe kinini bakundana kuko n’Inshuti za hafi z’uyu muhanzi zimumenye vuba.
Mico The Best amaze kubaka izina mu Muziki Nyarwanda aho agenda asohora indirimbo zikurikirwa na benshi ariko ntizivugweho rumwe kubera amagambo aba azirimo. murizo twavuga, Ubunyunyusi yauriyemo na Riderman, Igare, Umunamba, n’Amabiya aherutse gushyira hanze mu minsi ishize.
Akaba afashe umwanzuro wo gupanga kubana na Clarisse nyuma yuko amaze igihe kinini mu ruhando rw’Umuziki Nyarwanda.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…