UBUZIMA

Ubwoko bushya bwa Corona Virusi bwagaragaye mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko hagaragaye abarwayi bashya bafite ubwoko bwa Corona virusi yihinduranyije yiswe Omicron.

Advertisements

Mu itangazo ryatanzwe na Minisiteri y’Ubuzima, rivuga ko abantu batandatu aribo bagaragaye ko bafite virusi nshya yihinduranyije yiswe Omicron.

Ibinyujije ku rubuga rwa Twitter yagize iti: “Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi yihinduranyije ya COVID19 izwi ku izina rya Omicron abo bantu ni abagenzi ndetse n’abahuye nabo.”

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago