Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko hagaragaye abarwayi bashya bafite ubwoko bwa Corona virusi yihinduranyije yiswe Omicron.
Mu itangazo ryatanzwe na Minisiteri y’Ubuzima, rivuga ko abantu batandatu aribo bagaragaye ko bafite virusi nshya yihinduranyije yiswe Omicron.
Ibinyujije ku rubuga rwa Twitter yagize iti: “Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi yihinduranyije ya COVID19 izwi ku izina rya Omicron abo bantu ni abagenzi ndetse n’abahuye nabo.”
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…