Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko hagaragaye abarwayi bashya bafite ubwoko bwa Corona virusi yihinduranyije yiswe Omicron.
Mu itangazo ryatanzwe na Minisiteri y’Ubuzima, rivuga ko abantu batandatu aribo bagaragaye ko bafite virusi nshya yihinduranyije yiswe Omicron.
Ibinyujije ku rubuga rwa Twitter yagize iti: “Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi yihinduranyije ya COVID19 izwi ku izina rya Omicron abo bantu ni abagenzi ndetse n’abahuye nabo.”
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…