MINEDUC yatangaje ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2022-2023

MINEDUC yatangaje ko umwaka w’amashuri wa 2022-2023 uzatangira tariki ya 26 Nzeri 2022.

Iyi minisiteri ivuga ko igihe cyo gutangira ku banyeshuri bo muri mu mwaka wa mbere n’uwakane w’amashuri yifumbuye na Level 3 mu bumenyengiro bazakimenyeshwa nyuma.

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter yatangaje ingengabihe izakurikizwa yongeraho ko

“Igihe cyo gutangira ku banyeshuri bo muri S1, S4 na L3 (TVET) bazakimenyeshwa nyuma”.


Itangazo rya Minisiteri y’Uburezi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *