MU MAHANGA

Uganda: Nyuma y’isinywa ry’itegeko rikumira abatinganyi, Perezida Museveni agiye guhura n’Abadepite

Umukuru w’igihugu cya Uganda, Yoweri Museveni arahura n’Abaepite bo mu nteko ishingamategeko bakomoka mu ishyaka rye rya NRM riri ku butegetsi, aho baganira ku byakurikiye itegeko rikumira abatinganyi baherutse gusinya.

Advertisements

Iyi nama iteganijwe kuri uyu wa 20 Mata 2023,irabera mu biro by’umukuru w’igihugu Entebbe, nkoko byatangajwe n’umunyamabanga mukuru w’ishyaka NRM, Denis Obua.

Yongeyeho ko Abadepite bose bari bwitabire bategetswe kubanza kwipimisha Covid-19 mbere y’uko inama nyirizina itangira.

Itegeko rikumira abatinganyi Perezida Muveni agiye kuganiraho n’abadepite be ibitangazamakuru by’imbere muri Uganda byakunze kumvikanisha ko azarisinya.

Niba bibaye impamo nk’uko byatangajwe, muri Uganda uzajya afatirwa mu bikorwa bifitanye isano n’ubutinganyi azajya ahanishwa gufungwa imyaka 20 n’igihano cyo kwicwa ku wabyishoyemo atariko yari asanzwe.

Ikibazo cyo gukumira abatinganyi mu bihugu by’Afurika iri kwamaganywa cyane n’Amerika yamaze no guteguza ibihano kuri Uganda mugihe yaba isinye itegeko ribakumira.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago