Kenya's opposition leader Raila Odinga addresses a rally of supporters in the capital Nairobi, Kenya Sunday, April 16, 2023. Odinga reaffirmed that anti-government protests will resume after the holy month of Ramadan despite an agreement on talks with the ruling party. (AP Photo/Brian Inganga)
Raila Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Prezida William Ruto, yatangaje ko guhera ku itariki 2 z’ukwezi gutaha kwa Gicurasi 2023 azasubukura imyigaragambyo.
Iheruka yarimaze ibyumweru bibiri isubitswe, ariko ngo itaha yo hashyizweho ingenga bihe yayo, kuko ari buri cyumweru.
Dennis Onyango umuvugizi wa Raila Odinga, mu kiganiro yahaye ibiro ntaramakuru bya Abafaransa AFP, yirinze gutangaza impamvu iyi myigaragambyo igiye gusubukurwa.
Guhera ku itariki 20 z’ukwezi kwa Gatatu kw’uyu mwaka, Raila Odinga yateguye imyigaragambyo ya buri wa Mbere w’icyumweru, na buri wa Kane.
Odinga ashinja Prezida Ruto uburiganya mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu kwezi kwa Munani umwaka ushize wa 2022, no kunanirwa gusubiza mu buryo ibibazo byatewe n’izamuka ry’ibiciro ku isoko muri Kenya.
Raila Odinga ni umwe mu bayobozi bari bahaganiye na Perezida William Ruto mu matora yo kuyobora igihugu cya Kenya ariko aratsindwa.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…