Davido yasubije abamubajije aho yataye umugore
Umuhanzi w’icyamamare Davido yasubije umwe mu bamukurikira ku rubuga rwa Instagram wamubajije aho umugore we Chioma Roland aherereye.
Chioma uherutse gutangaza byeruye ko yamaze gushakana n’umuhanzi Davido akomeje kutagaragara mu ruhame n’umugabo we nk’uko byahoze mbere.
Ni mugihe umuhanzi Davido we amaze iminsi agaragara ndetse anakora ibitaramo bitandukanye byo kumenyekanisha Album ye ‘Timeless’ hirya no hino, uyu muhanzi akenshi mbere ntiyasibaga kuba arikumwe agatoki ku kandi n’umugore we Chioma ariko kuri ubu siko bimeze. Bikaba intandaro yo kubazwa n’abakunzi be aho umugore we aherereye.
Ku gitekerezo umuyoboke we yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram, yabajije umuhanzi Davido ati “Chioma arihe?”
Davido nawe ati “Mu nzu y’umugabo we”.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…