Davido yasubije abamubajije aho yataye umugore
Umuhanzi w’icyamamare Davido yasubije umwe mu bamukurikira ku rubuga rwa Instagram wamubajije aho umugore we Chioma Roland aherereye.
Chioma uherutse gutangaza byeruye ko yamaze gushakana n’umuhanzi Davido akomeje kutagaragara mu ruhame n’umugabo we nk’uko byahoze mbere.
Ni mugihe umuhanzi Davido we amaze iminsi agaragara ndetse anakora ibitaramo bitandukanye byo kumenyekanisha Album ye ‘Timeless’ hirya no hino, uyu muhanzi akenshi mbere ntiyasibaga kuba arikumwe agatoki ku kandi n’umugore we Chioma ariko kuri ubu siko bimeze. Bikaba intandaro yo kubazwa n’abakunzi be aho umugore we aherereye.
Ku gitekerezo umuyoboke we yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram, yabajije umuhanzi Davido ati “Chioma arihe?”
Davido nawe ati “Mu nzu y’umugabo we”.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…