IMIKINO

Umukinnyi w’ikipe y’Igihugu Amavubi, Rafael York yambitse impeta y’urukundo umukunzi we

Rafael York umukinnyi w’ikipe y’Igihugu Amavubi na Gefle IF Football, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we witwa Elin Linnéa Rombing.

Advertisements

Uyu mukobwa wambitswe impeta y’urukundo nawe asanzwe ari umukinnnyi w’umupira w’amaguru.

Iby’ibishimbo byaba bombi babisangije aba bakurikira ku mbuga nkoranyamba nyuma y’uko bemeranyije kuzabana nk’umugabo n’umugore.

Rafael York asanzwe ari umukinnyi urina hagati mu ikipe y’igihugu Amavubi

Rafael York ni umwe mu bakinnyi bakina hagati mu kibuga bagenderwaho mu ikipe y’ikipe ya Amavubi, nyuma y’igihe gito ahamagarwa.

Umukunzi wa Rafael York, Elin usanzwe ari umukinnyi wa Ruhago akinira ikipe yitwa IK Uppsala Football mu kiciro cya mbere muri Sweden aho bombi batuye.

Elin Linnéa wambitswe impeta y’urukundo afite imyaka 25 y’amavuko mugihe Rafael York we afite imyaka 24.

Elin Rombing umukunzi wa Rafael York

Rafael York yanyuze mu makipe menshi arimo, Sandvikens IF, Kalmar FF, VFL Bochum yo mu Budage na Gefle abarizwamo kuri ubu.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago