POLITIKE

Sudan: Igisirikare cyagabye ibitero bikomeye ku mutwe witwara gisirikare ukomeje guteza intambara

Igisirikare cy’igihugu cya Sudan cyavuze ko cyagabye ibitero mu Mujyi wa Karthoum kugira ngo cyirukane umutwe witwara gisirikare uzwi nka Rapid Support Forces (RSF) ukomeje guteza intambara ihangayikishije Isi.

Imirwano yakajije umurego no mu gihe izi mpande zombi zirwana zavuze ko zizongera agahenge ho iyindi minsi itatu.

Abantu barenga 500 ni bo bamaze gutangazwa ko bapfuye, nubwo byemezwa ko umubare nyawo w’abapfuye uruta cyane uwo utangazwa. Abantu babarirwa muri za miliyoni bakomeje guhera muri Khartoum.

Umujyi wa Karthoum wagabweho igitero n’indege

Umukuru w’igisirikare cya Sudan Jenerali Abdel Fattah al-Burhan n’umukuru wa RSF Jenerali Mohamed Hamdan Dagalo, uzwi cyane nka Hemedti, barimo kurwanira ubutegetsi – ndetse ntibumvikana kuri gahunda yo gushyira umutwe wa RSF mu gisirikare.

Aba bajenerali bemeranyijwe ku gahenge ko gutuma hatangwa imfashanyo, nyuma y’ibikorwa byinshi bya diplomasi byagizwemo uruhare n’ibihugu bituranyi bya Sudan, Amerika, Ubwongereza n’umuryango w’abibumbye (ONU/UN). Ako gahenge kongerewe, ariko ntikubahirijwe.

Ariko biracyari urujijo icyo aba bajenerali bagiye gukora mu gice gikurikiyeho cy’ayo masezerano y’agahenge yagezweho ku buhuza bw’Amerika na Saudi Arabia (Arabie Saoudite), nkuko igisirikare cya Sudan kibivuga.

Aba bajenerali bemeranyijwe ku gahenge ko gutuma hatangwa imfashanyo, nyuma y’ibikorwa byinshi bya diplomasi byagizwemo uruhare n’ibihugu bituranyi bya Sudan, Amerika, Ubwongereza n’umuryango w’abibumbye (ONU/UN). Ako gahenge kongerewe, ariko ntikubahirijwe.

Ariko biracyari urujijo icyo aba bajenerali bagiye gukora mu gice gikurikiyeho cy’ayo masezerano y’agahenge yagezweho ku buhuza bw’Amerika na Saudi Arabia (Arabie Saoudite), nkuko igisirikare cya Sudan kibivuga.

Umukuru w’igisirikare cya Sudan Jenerali Abdel Fattah al-Burhan n’umukuru wa RSF Jenerali Mohamed Hamdan Dagalo, uzwi cyane nka Hemedti, barimo kurwanira ubutegetsi – ndetse ntibumvikana kuri gahunda yo gushyira umutwe wa RSF mu gisirikare.

Aba bajenerali bemeranyijwe ku gahenge ko gutuma hatangwa imfashanyo, nyuma y’ibikorwa byinshi bya diplomasi byagizwemo uruhare n’ibihugu bituranyi bya Sudan, Amerika, Ubwongereza n’umuryango w’abibumbye (ONU/UN). Ako gahenge kongerewe, ariko ntikubahirijwe.

Ariko biracyari urujijo icyo aba bajenerali bagiye gukora mu gice gikurikiyeho cy’ayo masezerano y’agahenge yagezweho ku buhuza bw’Amerika na Saudi Arabia (Arabie Saoudite), nkuko igisirikare cya Sudan kibivuga.

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

17 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

17 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

18 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

18 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago