Umwarimu wigisha mu kigo cya kaminuza ya leta ya Imo uherutse gufatwa amashusho akubita urushyi umwana w’umunyeshuri warumubwiye ko yambaye nka yitandiye nka (Mufti) mu ishuri rye kubera ko yaravuye ku bitaro, hongeye kujya hanze amashusho abwira abanyeshuri gusohoka mu ishuri rye.
Iyi nkuru y’umwarimu ikomeje kubera mu gihugu cya Nigeria mu kigo cya Kaminuza ya Imo iherereye muri Owerri muri leta ya Imo.
Uyu mwarimu wamenyekanye nka Dr. Desmond Izunwanne, bivugwa ko ari umwarimu mu ishami rya Laboratwari y’ubuvuzi muri icyo kigo. Ni amashusho, yagaragaye asaba abanyeshuri gusohoka mu ishuri kubera kuza batinze.
Reba hano amashusho:
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…