Umwarimu wigisha mu kigo cya kaminuza ya leta ya Imo uherutse gufatwa amashusho akubita urushyi umwana w’umunyeshuri warumubwiye ko yambaye nka yitandiye nka (Mufti) mu ishuri rye kubera ko yaravuye ku bitaro, hongeye kujya hanze amashusho abwira abanyeshuri gusohoka mu ishuri rye.
Iyi nkuru y’umwarimu ikomeje kubera mu gihugu cya Nigeria mu kigo cya Kaminuza ya Imo iherereye muri Owerri muri leta ya Imo.
Uyu mwarimu wamenyekanye nka Dr. Desmond Izunwanne, bivugwa ko ari umwarimu mu ishami rya Laboratwari y’ubuvuzi muri icyo kigo. Ni amashusho, yagaragaye asaba abanyeshuri gusohoka mu ishuri kubera kuza batinze.
Reba hano amashusho:
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…