IMIKINO

PeaceCup: Habaye impinduka ku mukino ugomba guhuza Rayon Sports na Police Fc

Habaye impinduka y’umukino wagombaga guhuza Rayon Sports na Police Fc mu gikombe cya Amahoro, aho uyu mukino wimuriwe kuri Kigali Pele Stadium aho kubera kuri Stade ya Muhanga.

Advertisements

Uyu mukino wo kwishyura ¼ washyizwe kuri Kigali Pele Stadium.

Rayon Sports iteganyijwe kwakira ikipe ya Police Fc mu mukino w’igikombe cy’Amahoro kuri uyu wa 3 Gicurasi 2023.

Mu mukino Rayon Sports yari yakiriwemo na Police Fc wabereye i Muhanga

Mu itangazo ryashyizwe ku mbuga nkoranyambaga za Rayon Sports aho bashimangiye ko umukino ugomba kubahuza na Police Fc wagombaga kubera kuri Stade ya Muhanga uzabera kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo.

Iy’ikipe kandi yahise inatangaza ibiciro byo kwinjira muri uwo mukino, aho bavuga ko bitahindutse 3000Rwf ahasigaye hose, 5000 Rwf (ahatwikiriye), ibihumbi icumi 10,000Rwf muri VIP na VVIP ibihumbi 20 Rwf.

Mu mukino wa mbere wahuje impande zombi muri ¼ Rayon sports yatsinze Police Fc ibitego 3-2.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago