POLITIKE

Igisirikare cya Congo (FARDC) cyavuze ko cyafashe abarwanyi 10 ba M23

Igisirikare cy’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zirigamba gufata abasore b’abarwanyi i Masisi bakavuga ko ari abo mu mutwe wa M23.

Advertisements

Col. Ndjike ati “Aba bantu ba M23… n’ubwo hoherejwe ingabo za EAC… bateye ingabo z’u Burundi muri Mushaki muri Teritwari ya Masisi, nyuma yo kumenyeshwa amakuru, ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zarabafashe…”

Yakomeje agira ati “Ndashaka ndetse kubereka bamwe muri bo bari bagize Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bavuye mu gisirikare cy’igihugu bakajya ku rundi ruhande. Twarabafashe tubambura n’intwaro.”

Yongeyeho ko hari n’abasivile bafashwe bafite imbunda nk’uko iyi nkuru dukesha Kivumorningpost ikomeza ivuga.

Ibi biravugwa mu gihe umutwe wa M23 wemeza ko wavuye mu bice wari warafashe muri Teritwari ya Masisi ukahasigira Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe muri iki gice zigizwe n’Ingabo z’u Burundi.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago