IMYIDAGADURO

Ne-Yo yasabye urukiko guhabwa uburenganzira ku bana be

Umuhanzi w’umunyamerika Ne-Yo arashaka uburenganzira bwo kwirerera abana be 2 bato bafitwe kuri ubu n’umukunzi we mushya, byabaye intandaro yo gutandukana n’uwahoze ari umugore we.

Advertisements

Kuri ubu Ne-Yo uri mu rukundo n’undi mukobwa witwa Sade banafitanye abana babiri uyu muhanzi yemera akaba abasabira uburengenzira bwo kubarera nka Se wabo.

Uwahoze ari umugore wa Ne-Yo, Crystal, yasabye gatanya umwaka ushize i Atlanta, amushinja ko yabyaye umwana n’undi mukobwa bakundanaga witwa Sade mu gihe bakoraga ubukwe. 

Crystal yavuze ko yita ku bana 3 wenyine yabyaranye n’uyu muhanzi kuva yatandukana nawe. 

Crystal yashakishaga uburyo bw’uburere bw’ibanze bw’abana babo no kubarera hamwe, mu buryo bwo gufashwa.

Mu nyandiko z’urukiko zabonywe na TMZ dukesha iy’inkuru, zivuga ko Ne-Yo yasabye urukiko gushyiraho uuburenganzira bw’uburere kubana be afitanye na Sade kandi asaba ko babarera hamwe bikurikije amategeko.

Yavuze ko kuba afite Braiden mu 2021 na Brixton wibarutswe muri Gashyantare umwaka ushize, kandi yizera ko abo bana bazemererwa kumuzungura n’ubwo bavutse batarakoze ubukwe.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago