Stade mpuzamahanga ya Huye izakira umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro n’umukino w’umwanya wa gatatu uyu mwaka.
Tariki 3 Kamena 2023 nibwo hateganyijwe gukinwa imikino ya nyuma y’igikombe cy’Amahoro cy’uyu mwaka.
Stade ya Huye iherereye mu Karere ka Huye usanzwe yakira abafana ibihumbi icumi bicaye neza niyo izakira imikino ya nyuma y’igikombe cy’Amahoro.
APR Fc na Kiyovu Sports ziracyari mu rugamba rwo gushaka uzarenga ½ nyuma yo kunganya mu mukino ubanza igitego 1-1.
Ni mugihe Rayon Sports yamaze gutera intambwe ya mbere yo kwizera gukomeza yatsinze Mukura Vs yari yayakiriye murugo ibitego 3 kuri 2.
Imikino yo kwishyura ya ½ iteganyijwe kubera kuri Kigali Pele Stadium hagati ya tariki 13 na 14 Gicurasi uyu mwaka.
Amakipe azarenga ½ niyo azerekeza ku mukino wa nyuma naho izitazakomeza zikazakinira umwanya wa gatatu kuri Stade mpuzamahanga ya Huye.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…