Stade mpuzamahanga ya Huye izakira umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro n’umukino w’umwanya wa gatatu uyu mwaka.
Tariki 3 Kamena 2023 nibwo hateganyijwe gukinwa imikino ya nyuma y’igikombe cy’Amahoro cy’uyu mwaka.
Stade ya Huye iherereye mu Karere ka Huye usanzwe yakira abafana ibihumbi icumi bicaye neza niyo izakira imikino ya nyuma y’igikombe cy’Amahoro.
APR Fc na Kiyovu Sports ziracyari mu rugamba rwo gushaka uzarenga ½ nyuma yo kunganya mu mukino ubanza igitego 1-1.
Ni mugihe Rayon Sports yamaze gutera intambwe ya mbere yo kwizera gukomeza yatsinze Mukura Vs yari yayakiriye murugo ibitego 3 kuri 2.
Imikino yo kwishyura ya ½ iteganyijwe kubera kuri Kigali Pele Stadium hagati ya tariki 13 na 14 Gicurasi uyu mwaka.
Amakipe azarenga ½ niyo azerekeza ku mukino wa nyuma naho izitazakomeza zikazakinira umwanya wa gatatu kuri Stade mpuzamahanga ya Huye.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…