Umuherwe akaba ari nawe washinze urubuga rwa Amazone Jeff Bezos n’umukunzi we Lauren Sanchez bagaragaye basohotse bagiye kurya ubuzima mu bwato bushya bwabo buhagaze akayabo.
Aba bombi bari mu rukundo bafotowe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki 15 Gicurasi 2023, barimo kuryohereza mu bwato bufite agaciro ka miliyoni 500 z’amadorali y’Amerika, ubwo berekezaga ku nkombe za Espagne.
Sanchez, w’imyaka 53, wari wagaragaye mu twenda two kumazi tuzwi nka bikini iri mu ibara ry’iroza yageretseho n’umupira w’umweru, mu gihe uwashinze ikigo cya Amazone, Jeff w’imyaka 59, yari yambaye imyenda yo kogana irimo akenda ko hasi gasa n’ubururu bweruye hamwe n’itoki risa n’umweru.
Jeff Bezos na Lauren Sanchez batangiye gukundana mu mwaka 2019, barimo baryoherwa ku mazi mu bwato bunini, aho bitegereza ibyiza bikikije iyo nkombe.
Ubwato bufatwa nk’ubwato burebure bwa mbere ku isi, bupima uburebure bwa metero 70.104.
REBA HANO AMAFOTO:
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…