Umuherwe akaba ari nawe washinze urubuga rwa Amazone Jeff Bezos n’umukunzi we Lauren Sanchez bagaragaye basohotse bagiye kurya ubuzima mu bwato bushya bwabo buhagaze akayabo.
Aba bombi bari mu rukundo bafotowe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki 15 Gicurasi 2023, barimo kuryohereza mu bwato bufite agaciro ka miliyoni 500 z’amadorali y’Amerika, ubwo berekezaga ku nkombe za Espagne.
Sanchez, w’imyaka 53, wari wagaragaye mu twenda two kumazi tuzwi nka bikini iri mu ibara ry’iroza yageretseho n’umupira w’umweru, mu gihe uwashinze ikigo cya Amazone, Jeff w’imyaka 59, yari yambaye imyenda yo kogana irimo akenda ko hasi gasa n’ubururu bweruye hamwe n’itoki risa n’umweru.
Jeff Bezos na Lauren Sanchez batangiye gukundana mu mwaka 2019, barimo baryoherwa ku mazi mu bwato bunini, aho bitegereza ibyiza bikikije iyo nkombe.
Ubwato bufatwa nk’ubwato burebure bwa mbere ku isi, bupima uburebure bwa metero 70.104.
REBA HANO AMAFOTO:
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…