RWANDA

RIB yataye muri yombi ukekwaho kwica Nyina

Umusore witwa Ndihokubwami wo mu Karere ka Gicumbi, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha akurikiranyweho kwica Nyina umubyara.

Advertisements

Ibi byabaye ku wa Mbere tariki ya 22 Gicurasi 2023 Saa moya za mu gitondo, mu Kagari ka Gihembe mu Murenge wa Kageyo, aho bivugwa ko uyu musore wishe Nyina ashobora kuba afite uburwayi bwo mu mutwe.

Amakuru yibanze avuga ko uyu musore yicishije Nyina umuhini yamukubise mu mutwe.

Meya w’Akarere ka Gicumbi, Nzabonimpa Emmanuel, yabwiye Igihe ducyesha iyi nkuru ko uyu musore yagiye gupimishwa kugira ngo koko hamenyekane niba afite uburwayi bwo mu mutwe.


Umurambo wa nyakwigendera wajyanywe ku Bitaro bya Byumba kugira ngo usuzumwe.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago