Abagabo babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria ariko bakaba basanzwe batuye mu Bwongereza bakoze ubukwe.
Umusore witwa Tosin Ojutalayo yashakanye n’umukunzi we bahuje igitsina Andrew Odong.
Ubukwe bw’aba bombi bwabereye ahitwa Castle Bay i Hyères, mu Bufaransa.
Ku wa kabiri, tariki ya 23 Gicurasi 2023, Tosin yerekeje kuri Twitter kugira ngo asangire amafoto yavuye mu bukwe bwabo anagaragaza uburyo bahuye mu myaka icumi ishize.
Ati “Yanyujije ubutumwa bwe muri DM yanjye, mugihe nari mu bucuti n’undi ndabihagarika birumvikana ko abasore ba Yoruba badacana inyuma. Hanyuma mu mezi 2 (ari ingaragu) – Nagiye mubirori by’umusangiro kandi yari ahari. Nyuma y’imyaka 10, twakoze ubukwe mu byumweru 2.”
AMAFOTO:
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…