Abagabo babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria ariko bakaba basanzwe batuye mu Bwongereza bakoze ubukwe.
Umusore witwa Tosin Ojutalayo yashakanye n’umukunzi we bahuje igitsina Andrew Odong.
Ubukwe bw’aba bombi bwabereye ahitwa Castle Bay i Hyères, mu Bufaransa.
Ku wa kabiri, tariki ya 23 Gicurasi 2023, Tosin yerekeje kuri Twitter kugira ngo asangire amafoto yavuye mu bukwe bwabo anagaragaza uburyo bahuye mu myaka icumi ishize.
Ati “Yanyujije ubutumwa bwe muri DM yanjye, mugihe nari mu bucuti n’undi ndabihagarika birumvikana ko abasore ba Yoruba badacana inyuma. Hanyuma mu mezi 2 (ari ingaragu) – Nagiye mubirori by’umusangiro kandi yari ahari. Nyuma y’imyaka 10, twakoze ubukwe mu byumweru 2.”
AMAFOTO:
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…