MU MAHANGA

Umusore yashakanye na mugenzi we mu birori byabereye mu Bufaransa-AMAFOTO

Abagabo babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria ariko bakaba basanzwe batuye mu Bwongereza bakoze ubukwe.

Advertisements

Umusore witwa Tosin Ojutalayo yashakanye n’umukunzi we bahuje igitsina Andrew Odong.

Ubukwe bw’aba bombi bwabereye ahitwa Castle Bay i Hyères, mu Bufaransa.

Ku wa kabiri, tariki ya 23 Gicurasi 2023, Tosin yerekeje kuri Twitter kugira ngo asangire amafoto yavuye mu bukwe bwabo anagaragaza uburyo bahuye mu myaka icumi ishize.

Ati “Yanyujije ubutumwa bwe muri DM yanjye, mugihe nari mu bucuti n’undi ndabihagarika birumvikana ko abasore ba Yoruba badacana inyuma. Hanyuma mu mezi 2 (ari ingaragu) – Nagiye mubirori by’umusangiro kandi yari ahari. Nyuma y’imyaka 10, twakoze ubukwe mu byumweru 2.”

AMAFOTO:

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago