MU MAHANGA

Umusore yashakanye na mugenzi we mu birori byabereye mu Bufaransa-AMAFOTO

Abagabo babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria ariko bakaba basanzwe batuye mu Bwongereza bakoze ubukwe.

Umusore witwa Tosin Ojutalayo yashakanye n’umukunzi we bahuje igitsina Andrew Odong.

Ubukwe bw’aba bombi bwabereye ahitwa Castle Bay i Hyères, mu Bufaransa.

Ku wa kabiri, tariki ya 23 Gicurasi 2023, Tosin yerekeje kuri Twitter kugira ngo asangire amafoto yavuye mu bukwe bwabo anagaragaza uburyo bahuye mu myaka icumi ishize.

Ati “Yanyujije ubutumwa bwe muri DM yanjye, mugihe nari mu bucuti n’undi ndabihagarika birumvikana ko abasore ba Yoruba badacana inyuma. Hanyuma mu mezi 2 (ari ingaragu) – Nagiye mubirori by’umusangiro kandi yari ahari. Nyuma y’imyaka 10, twakoze ubukwe mu byumweru 2.”

AMAFOTO:

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

17 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

17 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

18 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

18 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago