Ikipe ya AL AHLY yo mu gihugu cya Egypt yari yaritabiriye Irushwanwa ry’Afurika ry’Umukino wa Basketball uyu mwaka wa 2023 yegukanye igikombe itsinze AS Douanes yo muri Senegal amanota 80-65.
Amakipe ya Association Sportive des Douanes, ikomoka mu gihugu cya Senegal na Al Ahly Basketball Club yo mu Misiri, zahuriye ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya BAL (Basketball Africa League), nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya ½ mu irushanwa ryitabiriwe n’Amakipe agera kuri 12 yo mu bihugu by’Afurika.
AMAFOTO: SHEMA Innocent
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…