Mu cyumweru dusoje, Matty Healy yasomye kumunwa umugabo mugenzi we mu bari bashinzwe umutekano mu gitaramo yakoreye i Denmark, ni nyuma yaho avuzwe mu rukundo n’umuririmbyi Taylor Swift.
Uyu muhanzi wakunzwe kenshi kurangwa no kugaragaza amarangamutima menshi ku bafana be mu bitaramo yakoraga, mbere yari yavuze ko yatetse kujya asomana n’abafana kubera Taylor Swift.
Ariko mugihe yarimo aririmba indirimbo yakunzwe cyane ubwo bari mu itsinda ya ‘Robbers’ mu iserukiramuco rya Northside i Eskelunden, Healy yapfukamye ahana umunwa kuwundi n’umugabo mugenzi wari umukozi muri icyo gitaramo.
Amashusho n’amafoto agaragaza basomana akomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga, aho uyu mugabo warushinzwe umutekano yagaragaje ibyishimo bikomeye byo kuba yarasomanye n’icyamamare.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…