IMYIDAGADURO

Matt Healy uvugwa mu rukundo na Taylor Swift yagaragaye asoma umugabo mugenzi we-AMAFOTO

Mu cyumweru dusoje, Matty Healy yasomye kumunwa umugabo mugenzi we mu bari bashinzwe umutekano mu gitaramo yakoreye i Denmark, ni nyuma yaho avuzwe mu rukundo n’umuririmbyi Taylor Swift.

Advertisements

Uyu muhanzi wakunzwe kenshi kurangwa no kugaragaza amarangamutima menshi ku bafana be mu bitaramo yakoraga, mbere yari yavuze ko yatetse kujya asomana n’abafana kubera Taylor Swift.

Ariko mugihe yarimo aririmba indirimbo yakunzwe cyane ubwo bari mu itsinda ya ‘Robbers’ mu iserukiramuco rya Northside i Eskelunden, Healy yapfukamye ahana umunwa kuwundi n’umugabo mugenzi wari umukozi muri icyo gitaramo.

Amashusho n’amafoto agaragaza basomana akomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga, aho uyu mugabo warushinzwe umutekano yagaragaje ibyishimo bikomeye byo kuba yarasomanye n’icyamamare.

Matt na Taylor baravugwa mu rukundo

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago