Mu cyumweru dusoje, Matty Healy yasomye kumunwa umugabo mugenzi we mu bari bashinzwe umutekano mu gitaramo yakoreye i Denmark, ni nyuma yaho avuzwe mu rukundo n’umuririmbyi Taylor Swift.
Uyu muhanzi wakunzwe kenshi kurangwa no kugaragaza amarangamutima menshi ku bafana be mu bitaramo yakoraga, mbere yari yavuze ko yatetse kujya asomana n’abafana kubera Taylor Swift.
Ariko mugihe yarimo aririmba indirimbo yakunzwe cyane ubwo bari mu itsinda ya ‘Robbers’ mu iserukiramuco rya Northside i Eskelunden, Healy yapfukamye ahana umunwa kuwundi n’umugabo mugenzi wari umukozi muri icyo gitaramo.
Amashusho n’amafoto agaragaza basomana akomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga, aho uyu mugabo warushinzwe umutekano yagaragaje ibyishimo bikomeye byo kuba yarasomanye n’icyamamare.
Mu butumwa yagejeje ku bitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza k’umukandida Perezida Paul Kagame watanzwe na FPR…
Rutahizamu wa Rayon Sports WFC, Nibagwire Libellée yagiye kugerageza amahirwe mu ikipe yo mu gihugu…
Mupenzi Eto’o yafunganwe na bagenzi be babiri bakoranaga muri APR FC aho bakekwagaho icyaha cyo…
Icyemezo cy’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge cyatesheje agaciro cyamunara ku mutungo wa Asinapolo Rwigara cyasomwe mu…
Kuri uyu wa Gatanu nibwo myugariro w’Umunya-Sénégal, Omar Gningue, wakiniraga AS Pikine yo muri icyo…
Ishyaka ry’abakozi (Labour Party) niryo ryegukanye amatora y’abagize inteko ishingamategeko mu bwongereza. Bivuze ko uwitwa…