Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko ari mu kato ko atapfuye nk’uko benshi bakomeje kubivuga.
Perezida Museveni uherutse gusangwamo COVID-19, yahise ashyirwa mu kato k’ubwo kwirinda guhura n’abantu benshi.
Amakuru akomeje gutangwaza na benshi ku mbuga nkoranyambaga, hakomejwe kuvugwa ko Perezida Museveni atakiri mu bazima kuko atakigaragara, ibintu umukuru w’Igihugu cya Uganda yahinyuje.
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu nibwo Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubuzima, Diane Atwine, yavuze ko Perezida Museveni yapimwe agasanganwa Covid-19 nyuma yo kugaragaza ibyo bimenyetso.
Nyuma yo kugaragaza ibimenyetso birimo ibicurane no gucika intege, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yasuzumwe kuwa 7 Kamena 2023 basanga yaranduye Covid-19.
Minisitiri Diane yavuze ko ngo n’ubwo Perezida Museveni yanduye iki cyorezo, ko arakomeza gukora imirimo ye nk’ibisanzwe ariko yubahiriza ingamba zo kwirinda kuyikwirakwiza.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…