IMYIDAGADURO

Pete Davidson yajyanwe mu kigo cyita ku bibazo byo mu mutwe

Umunyarwenya w’umunyamerika Pete Davidson bivugwa ko yajyanwe mu kigo cyita ku bibazo byo mu mutwe nyuma yo kugaragaza ibimenyetso.

Amakuru yatangajwe na TMZ avuga ko Davidson amaze igihe yarabaswe n’ibibazo by’ubuzima agenda agaragaza kudatuza muri we ndetse n’indwara yo kugira ihungabana rishobora kuba ryaratewe n’ibintu cyangwa abantu yagiye ahura nabo. Kuri ubu akaba yajyanwe muri icyo kigo cyita kuri izo ndwara kugira ngo yitabweho nyuma yo kugira ibyo bibazo byo mu mutwe.

Umukunzi we Chase Sui Wonders hamwe n’inshuti ze nizo zikomeje kumuba inyuma mu buryo bwo ku muba hafi.

Pete Davidson n’umukunzi we Chase Sui Wonders

Hari amakuru avuga ko Pete yagiye akenshi yisuzumisha icyo kibazo kugira ngo akunde abone ubuzima bugenda neza.

Uyu munyarwenya ukomeye ukomoka muri Amerika wanakundanye by’igihe gito n’umunyamideri Kim Kardashian yeruye ku kahise, uburyo yarwanye n’ubuzima bw’ibibazo byo mu mutwe, aho abyegeka mu gice cy’urwenya y’uruhererekane yakinagamo cya ‘Weekend Update’ yakoze igihe kinini.

N’ibintu yaraherutse no gutangaza mu kiganiro yagiranye na Glenn Close mu mwaka 2021, ubwo yamutangarizaga ko Isi ikomeje kumuremerera nyuma y’igihe bamusanzemo indwara y’ihungabana.

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

19 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

19 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

20 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

20 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago