Uyu mwanzuro ukuyeho uw’urukiko rukuru rwaho wo mu Ukuboza (12) rwari rwanzuye ko uwo mugambi ukurikije amategeko.
Abacamanza batatu b’urukiko rw’ubujurire bavuze ko kohereza abimukira mu Rwanda bidakurikije amategeko kugeza habaye impinduka mu bijyanye n’abimukira mu Rwanda.
Uyu mwanzuro uvuze ko leta y’Ubwongereza itsinzwe, ariko wafashwe abacamanza bose bagize inteko batawemeranyaho kuko umwe muri bo yemeranyije n’umwanzuro w’Urukiko Rukuru ko u Rwanda ari igihugu cyizewe cyo koherezamo abo bantu.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…