Uncategorized

Zimbabwe: ‘Sinikiwe’ wavukanye ubumuga bw’ingingo yibarutse umwana we wa mbere

Umwe mu bavukanye ubumuga bw’ingingo bwo kutagira amaboko n’amaguru mu gihugu cya Zimbabwe, Sinikiwe Kademaunga, n’umugabo we Reuben, bakiriye umwana wabo wa mbere.

Advertisements

Bivugwa ko Sinikiwe w’imyaka 28 y’amavuko yibarutse umwana w’umuhungu mu minsi mike ishize.

Sinikiwe, wavutse adafite amaboko, amavi n’amaguru, yashakanye na Reuben ku ya 31 Ukwakira 2022.

Uyu mudamu ni umwe mu bakurikirwa ku mbuga nkoranyambaga zirimo Instagram, aho umufana umukurikira yamubajije uko umwana we w’imfura baherutse kwibaruka y’uko amerewe.

Mu butumwa uyu ukoresha amazina ya nnel_m733 yanyujije ku rubuga rwa Instagram yagize ati “Umwana amerewe ate?”

Mu kumusubiza Sinikiwe yamusubije agira ati “Umwana ameze neza.”

Ni nyuma y’icyumweru gishize uyu mudamu ashyize amafoto ku rubuga rwe rwa Instagram agaragaza ko akuriwe.

REBA AMASHUSHO UKANZE HANO: https://www.instagram.com/p/CuJ2aneAvvf/

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

3 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago