Umwe mu bavukanye ubumuga bw’ingingo bwo kutagira amaboko n’amaguru mu gihugu cya Zimbabwe, Sinikiwe Kademaunga, n’umugabo we Reuben, bakiriye umwana wabo wa mbere.
Bivugwa ko Sinikiwe w’imyaka 28 y’amavuko yibarutse umwana w’umuhungu mu minsi mike ishize.
Sinikiwe, wavutse adafite amaboko, amavi n’amaguru, yashakanye na Reuben ku ya 31 Ukwakira 2022.
Uyu mudamu ni umwe mu bakurikirwa ku mbuga nkoranyambaga zirimo Instagram, aho umufana umukurikira yamubajije uko umwana we w’imfura baherutse kwibaruka y’uko amerewe.
Mu butumwa uyu ukoresha amazina ya nnel_m733 yanyujije ku rubuga rwa Instagram yagize ati “Umwana amerewe ate?”
Mu kumusubiza Sinikiwe yamusubije agira ati “Umwana ameze neza.”
Ni nyuma y’icyumweru gishize uyu mudamu ashyize amafoto ku rubuga rwe rwa Instagram agaragaza ko akuriwe.
REBA AMASHUSHO UKANZE HANO: https://www.instagram.com/p/CuJ2aneAvvf/
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…