Umusirikare w’umunyarwanda Sgt Eustache Tabaro uherutse kugwa mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Centrafrique yashyinguwe.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Nyakanga 2023, aho uyu musirikare yashyinguwe mu cyubahiro ku irimbi rya gisirikare riherereye i Kanombe.
Nyakwigendera yashyinguwe n’abarimo abayobozi batandukanye bari mu nzengo nkuru z’umutekano, abagize umuryango we ndetse n’inshuti z’umuryango.
Yabanje gusezerwaho havuga ibigwi byaranze uyu musirikare waguye ku rugamba mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Centrafrique.
Uyu muhango wari uyobowe n’umuyobozi wungirije w’ingabo zidasanzwe, Col Augustin Migabo, mu izina ry’umuyobozi mukuru w’ingabo wa RDF, Lt Gen Mubarakh Muganga.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…