RWANDA

Sgt Eustache Tabaro uherutse kurasirwa muri Centrafrique yashyinguwe-AMAFOTO

Umusirikare w’umunyarwanda Sgt Eustache Tabaro uherutse kugwa mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Centrafrique yashyinguwe.

Advertisements

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Nyakanga 2023, aho uyu musirikare yashyinguwe mu cyubahiro ku irimbi rya gisirikare riherereye i Kanombe.

Nyakwigendera yashyinguwe n’abarimo abayobozi batandukanye bari mu nzengo nkuru z’umutekano, abagize umuryango we ndetse n’inshuti z’umuryango.

Yabanje gusezerwaho havuga ibigwi byaranze uyu musirikare waguye ku rugamba mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Centrafrique.

Uyu muhango wari uyobowe n’umuyobozi wungirije w’ingabo zidasanzwe, Col Augustin Migabo, mu izina ry’umuyobozi mukuru w’ingabo wa RDF, Lt Gen Mubarakh Muganga.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago