Kuri uyu wa Kane tariki 20 Nyakanga 2023, Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda DCG Felix Namuhoranye amuha ipeti rya CG.
Namuhoranye yahawe ipeti rya Commissioner General mugihe yarasanzwe afite ipeti rya Deputy Commissioner General.
Namuhoranye yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, umwanya yagiyeho mu kwezi kwa Gashyantare (2) umwaka 2023.
Yagiye kuri uwo mwanya asimbuyeho CG Danny Munyuza wari waragiye kuri uwo mwanya 2018.
Icyo gihe DCG Felix Namuhoranye we yari asanzwe ari umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…