Ku rutonde rushya rw’ibihugu bifite igisirikare gikomeye ku mugabane w’Afurika, igihugu cya Misiri nicyo kiyoboye kikunganirwa n’ibindi by’Abarabu.
Iki gisirikare cya Misiri kiri ku mwanya wa 14 ku isi inyuma y’ibihugu nka za Amerika, Uburusiya, Ubushinwa, Ubuhinde ku mwanya wa 4, Ubwongereza bugakurikiraho.
Ibindi bihugu biza mu myaka 10 ya mbere ku isi ni Koreya y’Epfo, Pakistan, Ubuyapani, Ubufaransa n’Ubutaliyani.
N’ubwo yazengerejwe na Boko Haram n’indi mitwe, Nigeria iri ku mwanya wa 4 mu bihugu bifite igisirikare gikomeye.
Muri Afurika ibihugu 10 bya mbere bifite igisirikare gikomeye bikurikirana gutya:Misiri, Algeria, Afurika y’Epfo, Nigeria, Ethiopia, Angola, Maroc, Tunisia, Sudani na Libya.
Algeria ya kabiri muri Afurika ni iya 26 ku isi, mu gihe Nigeria na Afurika y’Epfo zinganya ku mwanya wa 33 ku isi.
Uru rutonde rugiye hanze mu gihe intambara hagati ya Ukraine n’Uburusiya ikomeje gufata indi ntera, ndetse naza Coup d’etat muri Afurika zikaba zikomeje guca ibintu.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…