Polisi y’u Rwanda yatangaje Umuvugizi mushya wayo ACP Boniface Rutikanga.
Uyu Muyobozi mushya asimbuye kuri uwo mwanya CP John Bosco Kabera.
Commisioner of Police John Bosco Kabera yagiye kuri uwo mwanya mu mwaka 2018, aho yarasimbuye CP Theos Badege.
Mu bindi ACP Boniface Rutikanga yashinzwe harimo no kumenyekanisha ibikorwa bya Polisi no gutsura imikoranire hagati yayo n’itangazamakuru.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…