Polisi y’u Rwanda yatangaje Umuvugizi mushya wayo ACP Boniface Rutikanga.
Uyu Muyobozi mushya asimbuye kuri uwo mwanya CP John Bosco Kabera.
Commisioner of Police John Bosco Kabera yagiye kuri uwo mwanya mu mwaka 2018, aho yarasimbuye CP Theos Badege.
Mu bindi ACP Boniface Rutikanga yashinzwe harimo no kumenyekanisha ibikorwa bya Polisi no gutsura imikoranire hagati yayo n’itangazamakuru.
Ikipe ya APR Fc yananiwe kwikura imbere ya Pyramids Fc mu mukino wabereye mu Misiri…
Ikipe ya Rayon Sports yari yatezwe iminsi yabonye amanota atatu mbumbe ya mbere muri shampiyona…
Umuhanzikazi Marina Deborah wamamaye nka Marina mu muziki Nyarwanda yavuze ko ababajwe cyane n’abantu batangaje…
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…