Perezida Kagame yakiriye mu biro bye, Village Urugwiro, mugenzi we wa Pologne, Andrzej Duda, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 3.
Abakuru b’ibihugu byombi bagiye kugirana ibiganiro byihariye ibizwi mu rurimi rw’amahanga ( tête-à-tête).
Nyuma barayobora umuhango wo gusinya amasezerano y’ubufatanye, bikurikirwe n’ikiganiro n’abanyamakuru.
Abakuru b’ibihugu bombi kandi bari baherekeje n’abafgore babo ku ruhande rw’u Rwanda Madamu Jeannette Kagame na Agata Kornhauser-Duda umugore wa Perezida wa Pologne.
Amasezerano yashyizweho umukino ku mpande z’ibihugu byombi harimo ibigendanye n’inganda dore ko igihugu cya Pologne ubukungu bwacyo bushingiye ku nganda, harimo Kandi ibigendanye n’ikoranabuhanga, ubwubatsi bushingiye ku bidukikije, n’ingufu.
Perezida wa Pologne Andrzej Duda n’umugore we Agata Kornhauser-Duda bageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri, mu ruzinduko rw’akazi rushimangira umubano mwiza w’ibihugu byombi bisanzwe bifitanye, dore ko mu mwaka wa 2021 mu gihugu cya Pologne hafunguwe ku mugaragaro Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu.
Ikipe ya APR Fc yananiwe kwikura imbere ya Pyramids Fc mu mukino wabereye mu Misiri…
Ikipe ya Rayon Sports yari yatezwe iminsi yabonye amanota atatu mbumbe ya mbere muri shampiyona…
Umuhanzikazi Marina Deborah wamamaye nka Marina mu muziki Nyarwanda yavuze ko ababajwe cyane n’abantu batangaje…
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…