Imibiri y’abasirikare babiri bo muri Afurika y’Epfo biciwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) basubijwe mu gihugu cyabo kuri uyu wa Gatanu taliki 16 Gashyantare 2024, naho abakomeretse ngo bakomeje kwitabwaho.
Ku ya 14 Gashyantare 2024 ,nibwo igisasu cyaguye muri kimwe mu birindiro by’ingabo bya Afurika y’Epfo bikomeretsa abasirikare batatu ba SANDF abandi babiri barapfa.
Ku munsi ukurikiyeho SADC yohereje ubutumwa bwihanganisha imiryango yaba basirikare igira iti”SADC irashaka kwihanganisha byimazeyo imiryango y’abasirikare 2 bo muri Afurika y’Epfo bishwe ndetse n’abandi batatu bakomeretse i Goma nyuma y’igisasu cyahaturikiye.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…