RWANDA

Ingabo na Polisi by’u Rwanda bigiye gufasha abaturage mu buryo bw’imibereho

Mu gikorwa giteganyijwe kuba kuri uyu wa 1 Werurwe 2024, Ingabo na Polisi by’u Rwa zigiye guhuza imbaraga mu bikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere.

Ibi bikorwa by’amezi atatu byahujwe n’imyaka 30 ishize u Rwanda rwibohoye.

Ni ibikorwa izi nzego z’umutekano zatangaje ko zi zibanda ku guteza imbere imibereho myiza y’abaturage hibandwa ku buvuzi, kubungabunga ibidukikije, kubaka ibikorwaremezo, ubworozi no kubakira imiryango itishoboye.

Ibikorwa nk’ibi by’ubugiraneza bisanzwe bikorwa n’izi nzego z’umutekano, aho biri no mu mategeko agenga izi nzego.

Uretse kuba ingabo z’u Rwanda zizwiho gucunga umutekano w’abaturage, harimo no kuba harimo abahanga mu by’ubuvuzi bujyane no kuvura amaso.

Ni mugihe inzego za Polisi y’u Rwanda zisanzwe zitanga ubufasha mu kubakira abaturage batishoboye.

Ibikorwa by’uyu mwaka biteganyijwe kubera mu gihugu hose, mugihe cy’amezi atatu.

Inzego z’umutekano zishimira cyane uruhare mu bufatanye rw’umuturage mu kubungabunga umutekano muri rusange.

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

11 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

11 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

11 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

12 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

2 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago