IMIKINO

Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba BAL

Kagame yakiriye abayobozi batandukanye mu mukino w’intoki barimo naba Basketball Africa League (BAL).

Advertisements

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye abayobozi barimo Amadou Gallo Fall, Perezida wa BAL, ndetse na Clare Akamanzi Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, ikigo cya Shampiyona ya Amerika muri Basketball bari mu Rwanda.

Abandi bayobozi barimo Minisitiri wa Siporo mu Rwanda Aurore Mimosa Munyangaju n’Umuyobozi wa RDB Francis Gatare.

Amakuru avuga ko ibiganiro by’aba bayobozi n’Umukuru w’igihugu byagarutse ku bufatanye n’imyiteguro y’itegurwa ry’irushanwa Nyafurika ry’umukino wa Basketball (BAL) iteganyijwe mu kwezi kwa Gicurasi muri uyu mwaka i Kigali.

Irushanwa Nyafurika ry’umukino wa Basketball (BAL) risanzwe ryitabirwa n’amakipe yabaye aya mbere muri shampiyona y’ibihugu byayo.

Ni irushanwa risanzwe riterwa inkunga n’u Rwanda muri gahunda ya Visit Rwanda.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago