Kompanyi isanzwe icururuza amazi ya Jibu yatangaje ko hagiye kubaho impinduka ku biciro by’amazi ku isoko.
Mu itangazo bashyize hanze iyi kompanyi ya Jibu igurisha amazi yo kunywa yavuze ko ibiciro by’icupa rya litiro 20 ryaguraga 1700 Frw rigiye kujya rigura amafaranga 2000 Frw.
Ni mugihe ijerekani rya litiro 20 ryaguraga 1700 Frw rigiye kujya rigura amafaranga 2000 Frw.
Naho icupa ricurikwa rizwi nka Jumbo ryapimaga litiro 20 ryaguraga 1900 Frw rizajya rigura amafaranga 2000 Frw.
Iyi kompanyi kandi yavuze ko ijerekani ryapimaga litiro 10 ryaguraga 1000 Frw rigiye kujya rigura amafaranga 1200 Frw.
Naho ijerekani ryapimaga litiro 5 ry’amazi ryaguraga 800 Frw rizajya rigura amafaranga 1000 Frw.
N’ibiciro bishya bizatangira gukurikizwa tariki 26 Mata 2024, nk’uko byatangajwe na Kompanyi ya Jibu.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…