IMYIDAGADURO

Rudeboy wo muri P-Square yasangije amafoto yagiye gusaba umukobwa yihebeye

Umuhanzi Paul Okoye ukomoka muri Nigeria akaba azwi cyane mu itsinda rya P-Square yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga amafoto yagiye gusaba umukobwa yihebeye bitegura kurushinga.

Advertisements

Amakuru avuga ko uyu muhanzi yasuye umuryango w’umukobwa witwa Ifeoma utuye ahitwa Abia, mu cyumweru gishize kugira ngo batangira gutegura ibigendanye n’ubukwe muri rusange.

Rudeboy azaba agiye gukora ubukwe ku nshuro ya kabiri, nyuma y’umugore basanzwe banafitanye abana batatu witwa Anita baheruka gutandukana mu Ukuboza umwaka 2022.

Paul Okoye n’impanga ya Peter Okoye basanzwe babarizwa mu itsinda rya P-Square ryaciye ibintu kuva mu myaka irenga 15 kugeza n’ubu.

Mu mafoto yashyizwe hanze yerekana Rudeboy we n’umukunzi we bari ku bipfukamiro basengerwa n’ababyeyi babaha umugisha ku bw’urugendo rwo kubana akaramata bagiye gutangira bombi.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago