Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis arashinjwa gukoresha imvugo zirimo ibitutsi n’iziteye isoni ku baryamana bahuje ibitsina nk’uko ibinyamakuru byinshi byo mu Butaliyani byabigarutseho kuri uyu wa Mbere.
Mu cyumweru gishize, ubwo papa yari mu nama y’Abepiskopi y’Ubutaliyani (CEI), ngo yasabye abasenyeri kutakira abaryamana bahuje ibitsina ku mugaragaro mu maseminari y’idini.
Yakoresheje ijambo riva mu mvugo y’i Roma,rya “frociaggine”, rifatwa mu Gitaliyani ko ari igitutsi ku baryamana bahuje igitsina.
Ikinyamakuru cyo mu Butaliyani,Corriere della Sera,cyanditse kiti: “Dukurikije abasenyeri bavuganye” na Corriere della Sera, “biragaragara ko papa atari azi uburyo amagambo ye aremereye mu Gitaliyani.”
Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko abasenyeri bari muri iyi nama basetse ubwo yavugaga aya magambo cyane ko Papa ururimi rwe kavukire atari igitaliyani.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…