INKURU ZIDASANZWE

Papa Francis yatutse abaryamana bahuje ibitsina

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis arashinjwa gukoresha imvugo zirimo ibitutsi n’iziteye isoni ku baryamana bahuje ibitsina nk’uko ibinyamakuru byinshi byo mu Butaliyani byabigarutseho kuri uyu wa Mbere.

Advertisements

Mu cyumweru gishize, ubwo papa yari mu nama y’Abepiskopi y’Ubutaliyani (CEI), ngo yasabye abasenyeri kutakira abaryamana bahuje ibitsina ku mugaragaro mu maseminari y’idini.

Yakoresheje ijambo riva mu mvugo y’i Roma,rya “frociaggine”, rifatwa mu Gitaliyani ko ari igitutsi ku baryamana bahuje igitsina.

Ikinyamakuru cyo mu Butaliyani,Corriere della Sera,cyanditse kiti: “Dukurikije abasenyeri bavuganye” na Corriere della Sera, “biragaragara ko papa atari azi uburyo amagambo ye aremereye mu Gitaliyani.”

Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko abasenyeri bari muri iyi nama basetse ubwo yavugaga aya magambo cyane ko Papa ururimi rwe kavukire atari igitaliyani.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago