Rutahizamu w’Umufaransa Kylian Mbappé yamaze gusinyana amasezerano na Real Madrid akaba azerekeza muri Espagne kuya 1 Nyakanga 2024, ubwo isoko rya La Liga rizaba rifunguye.
Byitezwe ko Real Madrid izatanga ku mugaragaro Kylian Mbappé ndetse ikamwerekana nk’umukinnyi mushya muri iki cyumweru kuri Santiago Bernabeu mbere y’uko igikombe cy’u Burayi (EURO2024) gitangira.
Uyu mukinnyi wagize inzozi kuva kera zo gukinira ikipe ya Real Madrid yasinye amasezerano yo kuzayikinira mugihe kingana n’imyaka itanu bivuze ko azamugeza mu mwaka 2029.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…