Rutahizamu w’Umufaransa Kylian Mbappé yamaze gusinyana amasezerano na Real Madrid akaba azerekeza muri Espagne kuya 1 Nyakanga 2024, ubwo isoko rya La Liga rizaba rifunguye.
Byitezwe ko Real Madrid izatanga ku mugaragaro Kylian Mbappé ndetse ikamwerekana nk’umukinnyi mushya muri iki cyumweru kuri Santiago Bernabeu mbere y’uko igikombe cy’u Burayi (EURO2024) gitangira.
Uyu mukinnyi wagize inzozi kuva kera zo gukinira ikipe ya Real Madrid yasinye amasezerano yo kuzayikinira mugihe kingana n’imyaka itanu bivuze ko azamugeza mu mwaka 2029.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…