Rutahizamu w’Umufaransa Kylian Mbappé yamaze gusinyana amasezerano na Real Madrid akaba azerekeza muri Espagne kuya 1 Nyakanga 2024, ubwo isoko rya La Liga rizaba rifunguye.
Byitezwe ko Real Madrid izatanga ku mugaragaro Kylian Mbappé ndetse ikamwerekana nk’umukinnyi mushya muri iki cyumweru kuri Santiago Bernabeu mbere y’uko igikombe cy’u Burayi (EURO2024) gitangira.
Uyu mukinnyi wagize inzozi kuva kera zo gukinira ikipe ya Real Madrid yasinye amasezerano yo kuzayikinira mugihe kingana n’imyaka itanu bivuze ko azamugeza mu mwaka 2029.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…