Ishyaka Front Citoyen pour la Dignité du Congo FCDC ryatangaje ko ryahisemo kwiyunga ku ihuriro AFC ribamo umutwe wa M23, nyuma yo kurambirwa ibikorwa bibi by’ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi.
Umuyobozi wa M23, Bertrand Bisimwa niwe wemeje aya makuru aho yavuze ko imiryango myinshi n’imitwe ya Politiki ikomeje kubiyungaho.
Ati “Imitwe myinshi ya politiki na sosiyete sivile iherutse kwinjira muri Alliance River Alliance, AFC, nka Front Citoyen pour la Dignité du Congo, FCDC nkuko bigaragazwa n’itangazo ryashyizwe ahagaragara n’iri shyirahamwe ryasomwe n’umuvugizi waryo, AMANI Steven.”
Benshi mu bashyigikira M23 bavuga ko irwanira ko abanyekongo bunga ubumwe bagashinja Leta yabo kubacamo ibice.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…