Amakipe y’umupira w’amaguru akurikiranwa cyane kurusha ayandi ku isi ku mbuga nkoranyambaga yamenyekanye aho hari ayatunguranye.
467th CIES Football Observatory Weekly Post niyo yashyize ahagaragara amakipe 20 ya mbere yo hirya no hino ku isi yose akurikirwa na benshi ku mbuga zikunzwe nka Instagram, X, Tik Tok, Facebook, n’izindi.
Bidatunguranye, Real Madrid na Barcelona nizo ziyoboye andi makipe mu gihe ikipe ya mbere mu Bwongereza ari Manchester United.
Hagati aho, imbuga nkoranyambaga z’amakipe amwe n’amwe zagiye zikurikirwa cyane bitewe n’ibyamamare yasinyishije nka Cristiano Ronaldo na Lionel Messi.
Hano hepfo tugiye kureba amakipe 20 ya mbere afite abayakurikira benshi ku mbuga nkoranyambaga kuva 2023.
Al-Ahly ikomoka mu Misiri, niyo kipe yonyine yo muri Afurika iri kuri uru rutonde aho ifite abayikurikira ku mbuga nkoranyambaga barenga miliyoni 51.
Iyi iza imbere y’amakipe yo mu Bwongereza nka Leicester (22.7m), West Ham (17.5), Aston Villa (16m), Newcastle (13.4m), Everton (13.2m), Wolves (10.6m), Brighton (8.3m), Southampton (7.4m), Crystal Palace (6.3m), Leeds (5.4m) na Watford (5.2m).
Ishusho y’uko amakipe ahagaze mu gukundwa:
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…