IMIKINO

Menya uko amakipe ya Ruhago akunzwe kurusha ayandi ku mbuga nkoranyambaga

Amakipe y’umupira w’amaguru akurikiranwa cyane kurusha ayandi ku isi ku mbuga nkoranyambaga yamenyekanye aho hari ayatunguranye.

467th CIES Football Observatory Weekly Post niyo yashyize ahagaragara amakipe 20 ya mbere yo hirya no hino ku isi yose akurikirwa na benshi ku mbuga zikunzwe nka Instagram, X, Tik Tok, Facebook, n’izindi.

Bidatunguranye, Real Madrid na Barcelona nizo ziyoboye andi makipe mu gihe ikipe ya mbere mu Bwongereza ari Manchester United.

Hagati aho, imbuga nkoranyambaga z’amakipe amwe n’amwe zagiye zikurikirwa cyane bitewe n’ibyamamare yasinyishije nka Cristiano Ronaldo na Lionel Messi.

Hano hepfo tugiye kureba amakipe 20 ya mbere afite abayakurikira benshi ku mbuga nkoranyambaga kuva 2023.

Al-Ahly ikomoka mu Misiri, niyo kipe yonyine yo muri Afurika iri kuri uru rutonde aho ifite abayikurikira ku mbuga nkoranyambaga barenga miliyoni 51.

Iyi iza imbere y’amakipe yo mu Bwongereza nka Leicester (22.7m), West Ham (17.5), Aston Villa (16m), Newcastle (13.4m), Everton (13.2m), Wolves (10.6m), Brighton (8.3m), Southampton (7.4m), Crystal Palace (6.3m), Leeds (5.4m) na Watford (5.2m).

Ishusho y’uko amakipe ahagaze mu gukundwa:

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

11 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

11 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

12 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

12 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

2 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago