IMIKINO

Menya uko amakipe ya Ruhago akunzwe kurusha ayandi ku mbuga nkoranyambaga

Amakipe y’umupira w’amaguru akurikiranwa cyane kurusha ayandi ku isi ku mbuga nkoranyambaga yamenyekanye aho hari ayatunguranye.

Advertisements

467th CIES Football Observatory Weekly Post niyo yashyize ahagaragara amakipe 20 ya mbere yo hirya no hino ku isi yose akurikirwa na benshi ku mbuga zikunzwe nka Instagram, X, Tik Tok, Facebook, n’izindi.

Bidatunguranye, Real Madrid na Barcelona nizo ziyoboye andi makipe mu gihe ikipe ya mbere mu Bwongereza ari Manchester United.

Hagati aho, imbuga nkoranyambaga z’amakipe amwe n’amwe zagiye zikurikirwa cyane bitewe n’ibyamamare yasinyishije nka Cristiano Ronaldo na Lionel Messi.

Hano hepfo tugiye kureba amakipe 20 ya mbere afite abayakurikira benshi ku mbuga nkoranyambaga kuva 2023.

Al-Ahly ikomoka mu Misiri, niyo kipe yonyine yo muri Afurika iri kuri uru rutonde aho ifite abayikurikira ku mbuga nkoranyambaga barenga miliyoni 51.

Iyi iza imbere y’amakipe yo mu Bwongereza nka Leicester (22.7m), West Ham (17.5), Aston Villa (16m), Newcastle (13.4m), Everton (13.2m), Wolves (10.6m), Brighton (8.3m), Southampton (7.4m), Crystal Palace (6.3m), Leeds (5.4m) na Watford (5.2m).

Ishusho y’uko amakipe ahagaze mu gukundwa:

Christian

Recent Posts

Umushyitsi yasuye Neg G the General apfira mu rugo rwe

Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…

2 days ago

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije #Kwibuka32

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…

5 days ago

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye mu murenge

Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…

1 month ago

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

6 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

7 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

7 months ago