IMIKINO

Menya uko amakipe ya Ruhago akunzwe kurusha ayandi ku mbuga nkoranyambaga

Amakipe y’umupira w’amaguru akurikiranwa cyane kurusha ayandi ku isi ku mbuga nkoranyambaga yamenyekanye aho hari ayatunguranye.

467th CIES Football Observatory Weekly Post niyo yashyize ahagaragara amakipe 20 ya mbere yo hirya no hino ku isi yose akurikirwa na benshi ku mbuga zikunzwe nka Instagram, X, Tik Tok, Facebook, n’izindi.

Bidatunguranye, Real Madrid na Barcelona nizo ziyoboye andi makipe mu gihe ikipe ya mbere mu Bwongereza ari Manchester United.

Hagati aho, imbuga nkoranyambaga z’amakipe amwe n’amwe zagiye zikurikirwa cyane bitewe n’ibyamamare yasinyishije nka Cristiano Ronaldo na Lionel Messi.

Hano hepfo tugiye kureba amakipe 20 ya mbere afite abayakurikira benshi ku mbuga nkoranyambaga kuva 2023.

Al-Ahly ikomoka mu Misiri, niyo kipe yonyine yo muri Afurika iri kuri uru rutonde aho ifite abayikurikira ku mbuga nkoranyambaga barenga miliyoni 51.

Iyi iza imbere y’amakipe yo mu Bwongereza nka Leicester (22.7m), West Ham (17.5), Aston Villa (16m), Newcastle (13.4m), Everton (13.2m), Wolves (10.6m), Brighton (8.3m), Southampton (7.4m), Crystal Palace (6.3m), Leeds (5.4m) na Watford (5.2m).

Ishusho y’uko amakipe ahagaze mu gukundwa:

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

14 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

16 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

16 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

16 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

2 days ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

2 days ago