IMIKINO

APR Fc ishobora kwegukana umutoza mushya ukomoka muri Serbia

Darko Nović ukomoka muri Serbia, ashobora kugirwa umutoza mushya wa APR FC iheruka gutandukana na Thierry Froger mu mpera z’umwaka w’imikino.

Advertisements

APR FC ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yavuze ko iratangaza umutoza vuba aho amakuru yahise ahwihwiswa ko ari uyu munya Libya.

Amakuru avuga ko APR FC yamaze guhitamo Umunya-Serbia Darko Nović ngo abe ari we uzayibera umutoza.

Umunyamakuru wo muri Ghana, Micky Jr uri mu batangaje mbere iyi nkuru, yavuze ko Nović azahabwa amasezerano azageza mu 2026, arimo ingingo yo kuyongera.

Uyu mugabo w’imyaka 52, yatoje amakipe arimo ES Sétif, US Monastir n’Ikipe y’Igihugu ya Libya.

Amakuru avuga ko ashobora guhabwa amasezerano azageza mu 2026, arimo ingingo yo kuyongera.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago