Darko Nović ukomoka muri Serbia, ashobora kugirwa umutoza mushya wa APR FC iheruka gutandukana na Thierry Froger mu mpera z’umwaka w’imikino.
APR FC ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yavuze ko iratangaza umutoza vuba aho amakuru yahise ahwihwiswa ko ari uyu munya Libya.
Amakuru avuga ko APR FC yamaze guhitamo Umunya-Serbia Darko Nović ngo abe ari we uzayibera umutoza.
Umunyamakuru wo muri Ghana, Micky Jr uri mu batangaje mbere iyi nkuru, yavuze ko Nović azahabwa amasezerano azageza mu 2026, arimo ingingo yo kuyongera.
Uyu mugabo w’imyaka 52, yatoje amakipe arimo ES Sétif, US Monastir n’Ikipe y’Igihugu ya Libya.
Amakuru avuga ko ashobora guhabwa amasezerano azageza mu 2026, arimo ingingo yo kuyongera.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…