Abasifuzi baziyambazwa ku mukino udasanzwe uzahuza APR Fc na Rayon Sports muri Amahoro Stadium yavuguruwe bamaze kujya hanze.
Ruzindana Nsoro niwe musifuzi mukuru ku mukino wa gicuti uzahuza Rayon Sports na APR FC uzaba kuri uyu wa gatandatu kuri Amahoro Stadium.
Muri uyu mukino w’igikorwa cyiswe ’Umuhuru mu Amahoro’ uyu musifuzi azafatanya na Mutuyimana Dieudonne na Karangwa Justin. Rulisa Patience azaba ari umusifuzi wa kane naho Komiseri w’umukino ni Hakizimana Louis.
Mbere yo gutangiza uyu mukino hazafatwa umunota wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 15 Kamena, nibwo amakipe abiri arusha ayandi gukundwa mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports, azaba ahurira mu mukino wa gicuti wiswe Umuhuro mu Amahoro.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…