Abasifuzi baziyambazwa ku mukino udasanzwe uzahuza APR Fc na Rayon Sports muri Amahoro Stadium yavuguruwe bamaze kujya hanze.
Ruzindana Nsoro niwe musifuzi mukuru ku mukino wa gicuti uzahuza Rayon Sports na APR FC uzaba kuri uyu wa gatandatu kuri Amahoro Stadium.
Muri uyu mukino w’igikorwa cyiswe ’Umuhuru mu Amahoro’ uyu musifuzi azafatanya na Mutuyimana Dieudonne na Karangwa Justin. Rulisa Patience azaba ari umusifuzi wa kane naho Komiseri w’umukino ni Hakizimana Louis.
Mbere yo gutangiza uyu mukino hazafatwa umunota wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 15 Kamena, nibwo amakipe abiri arusha ayandi gukundwa mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports, azaba ahurira mu mukino wa gicuti wiswe Umuhuro mu Amahoro.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…