Hamaze gutangazwa ingengabihe ya shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza (Premier League) ya 2024/25, izatangizwa na Manchester United izaba yakiriye Fulham kuwa 16 Kanama 2024.
Ni mugihe Manchester City yatwaye igikombe giheruka izatangirira kwa Chelsea tariki ya 18 Kanama mu gihe Arsenal Fc yabaye iya kabiri, izakira Wolves tariki ya 17 Kanama.
Umwaka w’imikino mushya muri Premier League uzarangira ku wa 25 Gicurasi 2025.
Kuri uyu wa 18 Kamena nibwo abategura iyi shampiyona ikunzwe kurusha izindi ku isi bashyize hanze ingengabihe aho ikipe ya Arsenal mu mikino itanu ya mbere izaba ifitemo Man City na Tottenham.
Ikipe ya Man City yongeye kugira ingengabihe nziza kuko kuwa 05 Mata aribwo izakina umukino wa nyuma n’ikipe yo mu makipe atandatu ya mbere.
Bivuze ko nyuma y’iyo tariki nta mukeba wayo izahura nawe, azaba ari amakipe asanzwe.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…