MU MAHANGA

Burundi: Bitunguranye, umuyobozi wa Sena yagaragaye afite akajerekani mu muhanda ajya gushaka lisansi

Ubukene bw’ibikomoka kuri Peteroli (igitoro) bwinjiye no mu bayobozi bakuru bo nzego z’u Burundi, kugera n’aho Perezida wa Sena abura lisansi akajya kuyigurira mu kajerekani.

Advertisements

Ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli mu Burundi gikomeje kuba agareranzamba aho Perezida wa Sena yabuze Lisansi mu nzira,afata akajerekani ajya kuyigura.

Uretse abasenateri, hashize amezi atatu Abadepite bajya ku kazi n’amaguru kubera ibura rya lisansi mu Burundi cyane ko no muri Congo bitabazaga bamaze kubakomanyiriza.

Invano y’iki kibazo, n’ibura ry’amadovize cyangwa amafaranga nvamahanga u Burundi butagikozaho imitwe y’intoki kubera bimwe mu bihano iki gihugu cyafatiwe no gufunga umupaka n’u Rwanda kuko ariho bamwe bayiguraga.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago