Ubukene bw’ibikomoka kuri Peteroli (igitoro) bwinjiye no mu bayobozi bakuru bo nzego z’u Burundi, kugera n’aho Perezida wa Sena abura lisansi akajya kuyigurira mu kajerekani.
Ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli mu Burundi gikomeje kuba agareranzamba aho Perezida wa Sena yabuze Lisansi mu nzira,afata akajerekani ajya kuyigura.
Uretse abasenateri, hashize amezi atatu Abadepite bajya ku kazi n’amaguru kubera ibura rya lisansi mu Burundi cyane ko no muri Congo bitabazaga bamaze kubakomanyiriza.
Invano y’iki kibazo, n’ibura ry’amadovize cyangwa amafaranga nvamahanga u Burundi butagikozaho imitwe y’intoki kubera bimwe mu bihano iki gihugu cyafatiwe no gufunga umupaka n’u Rwanda kuko ariho bamwe bayiguraga.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…