Ubukene bw’ibikomoka kuri Peteroli (igitoro) bwinjiye no mu bayobozi bakuru bo nzego z’u Burundi, kugera n’aho Perezida wa Sena abura lisansi akajya kuyigurira mu kajerekani.
Ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli mu Burundi gikomeje kuba agareranzamba aho Perezida wa Sena yabuze Lisansi mu nzira,afata akajerekani ajya kuyigura.
Uretse abasenateri, hashize amezi atatu Abadepite bajya ku kazi n’amaguru kubera ibura rya lisansi mu Burundi cyane ko no muri Congo bitabazaga bamaze kubakomanyiriza.
Invano y’iki kibazo, n’ibura ry’amadovize cyangwa amafaranga nvamahanga u Burundi butagikozaho imitwe y’intoki kubera bimwe mu bihano iki gihugu cyafatiwe no gufunga umupaka n’u Rwanda kuko ariho bamwe bayiguraga.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…