Ikipe ya Napoli yo mu Butaliyani ngo igiye kugabanya igiciro cy’umukinnyi wayo Victor Osimhen kugira ngo yorohereze amakipe amushaka.
Victor Osimhen ukomoka muri Nigeria ubusanzwe amasezerano ye amuhesha guhabwa akayabo ka miliyoni 150 by’ama-Euro ku ikipe yaba imushaka, ibintu byabereye ingumu ku makipe menshi amwifuza.
Nk’uko amakuru akomeza gutangazwa mu binyamakuru kuva mu Butaliyani bivugwa ko iy’ikipe yasabwe nibura kugabanya igiciro cy’uyu mukinnyi kugira babashe kumubagurira.
Ikinyamakuru cyitwa Calciomercato ivuga ko ikipe ya Napoli ishobora guhananura igiciro cy’uyu rutahizamu wayo nibura igiciro kikagera kuri miliyoni 100 z’ama-Euro.
Umutoza mushya wa Napoli Antonio Conte ngo arifuza kuzana rutahizamu Romeo Lukaku bahoranye ubwo yatozaga muri Inter de Milan bakegukana shampiyona y’u Butaliyani mu mwaka 2020-2021.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…