MU MAHANGA

Napoli yo mu Butaliyani yahanuye ibiciro by’umukinnyi wayo Victor Osimhen ku ikipe yaba imushaka

Ikipe ya Napoli yo mu Butaliyani ngo igiye kugabanya igiciro cy’umukinnyi wayo Victor Osimhen kugira ngo yorohereze amakipe amushaka.

Advertisements

Victor Osimhen ukomoka muri Nigeria ubusanzwe amasezerano ye amuhesha guhabwa akayabo ka miliyoni 150 by’ama-Euro ku ikipe yaba imushaka, ibintu byabereye ingumu ku makipe menshi amwifuza.

Nk’uko amakuru akomeza gutangazwa mu binyamakuru kuva mu Butaliyani bivugwa ko iy’ikipe yasabwe nibura kugabanya igiciro cy’uyu mukinnyi kugira babashe kumubagurira.

Ikinyamakuru cyitwa Calciomercato ivuga ko ikipe ya Napoli ishobora guhananura igiciro cy’uyu rutahizamu wayo nibura igiciro kikagera kuri miliyoni 100 z’ama-Euro.

Umutoza mushya wa Napoli Antonio Conte ngo arifuza kuzana rutahizamu Romeo Lukaku bahoranye ubwo yatozaga muri Inter de Milan bakegukana shampiyona y’u Butaliyani mu mwaka 2020-2021.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago