IMIKINO

APR Fc igiye guhura na Police Fc mu mukino wo gufungura Sitade Amahoro ku mugaragaro

Police Fc igiye guhura na APR Fc muri sitade Amahoro yasogongeyeho ubwo yahuraga n’ikipe ya Rayon Sports mu mukino wiswe ‘Umuhuro mu Amahoro’.

Advertisements

APR FC izakina na Police Fc mu mukino uzaba ugamije gufungura ku mugaragaro stade Amahoro nshya ifite imyanya yo kwicaramo ibihumbi 45.

Abayobozi batandukanye barimo aba CAF, FIFA na CECAFA bategerejwe muri ibi birori. 

Umukino uteganyijwe kuri uyu wa Mbere tariki 1 Nyakanga 2024, ku isaha ya Saa Kumi n’imwe z’umugoroba.

Uyu kandi ni umukino uzatanga igikombe kuko hazaterwa za penaliti mu gihe amakipe yombi yanganya umukino. 

Abateguye bifuzaga ko Rayon Sports yakina na APR FC ariko baza kubwirwa ko iyo kipe ititeguye neza mu gihe itaratangira imyitozo.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago