Police Fc igiye guhura na APR Fc muri sitade Amahoro yasogongeyeho ubwo yahuraga n’ikipe ya Rayon Sports mu mukino wiswe ‘Umuhuro mu Amahoro’.
APR FC izakina na Police Fc mu mukino uzaba ugamije gufungura ku mugaragaro stade Amahoro nshya ifite imyanya yo kwicaramo ibihumbi 45.
Abayobozi batandukanye barimo aba CAF, FIFA na CECAFA bategerejwe muri ibi birori.
Umukino uteganyijwe kuri uyu wa Mbere tariki 1 Nyakanga 2024, ku isaha ya Saa Kumi n’imwe z’umugoroba.
Uyu kandi ni umukino uzatanga igikombe kuko hazaterwa za penaliti mu gihe amakipe yombi yanganya umukino.
Abateguye bifuzaga ko Rayon Sports yakina na APR FC ariko baza kubwirwa ko iyo kipe ititeguye neza mu gihe itaratangira imyitozo.
Mason Greenwood yagizwe umukinnyi w'umwaka mu ikipe ya Getafe ibarizwa muri shampiyona y'icyiciro cya mbere…
M23 imaze iminsi yigaruriye Umujyi wa Kanyabayonga ibintu byakozwe ngo mugihe gito, aho benshi bakomeje…
Mu itangazo ryashyizwe hanze na Rwanda FDA ryavuze rihagaritse burundu umuti wa EFFERALGAN VITAMINE C 500mg/200mg…
Ikipe Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha, myugariro Omborenga Fitina uherutse gutandukana na APR FC.…
Paul Kagame akaba na Chairman w'Umuryango FPR Inkotanyi, yijeje abaturage b'i Karongi ko umuhanda Muhanga-Karongi…
Edrisah Kenzo Musuuza wamamaye mu muziki nka Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we, umunyamabanga wa…