IMIKINO

APR Fc igiye guhura na Police Fc mu mukino wo gufungura Sitade Amahoro ku mugaragaro

Police Fc igiye guhura na APR Fc muri sitade Amahoro yasogongeyeho ubwo yahuraga n’ikipe ya Rayon Sports mu mukino wiswe ‘Umuhuro mu Amahoro’.

APR FC izakina na Police Fc mu mukino uzaba ugamije gufungura ku mugaragaro stade Amahoro nshya ifite imyanya yo kwicaramo ibihumbi 45.

Abayobozi batandukanye barimo aba CAF, FIFA na CECAFA bategerejwe muri ibi birori. 

Umukino uteganyijwe kuri uyu wa Mbere tariki 1 Nyakanga 2024, ku isaha ya Saa Kumi n’imwe z’umugoroba.

Uyu kandi ni umukino uzatanga igikombe kuko hazaterwa za penaliti mu gihe amakipe yombi yanganya umukino. 

Abateguye bifuzaga ko Rayon Sports yakina na APR FC ariko baza kubwirwa ko iyo kipe ititeguye neza mu gihe itaratangira imyitozo.

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

14 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

14 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

15 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

15 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago