Ikipe ya Rayon Sports bimaze kumenyekana ko yamaze kwibikaho rutahizamu utyaye ukomoka mu gihugu cy’u Burundi witwa Rukundo Abdoul Rahman.
Mu gihe ikipe ya Rayon Sports ikomeje urugendo rwo kwiyubaka, biravugwa ko Rukundo Abdoul Rahman wanyuze mu ikipe y’Amagaju yasesekaye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu.
Yakiriwe n’Umunyamabanga mukuru w’ikipe ya Rayon Sports Namenye Patrick.
Ni mugihe ubusanzwe uyu rutahizamu yarategerejwe kuhagera mbere yaho ariko hakaza kubaho impinduka.
Uyu rutahizamu wabashije gutsinda ibitego 12 agatanga n’imipira icyenda yavuyemo ibitego muri shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu Rwanda bivugwa ko yatanzweho miliyoni 20 y’u Rwanda.
Rukundo Abdoul Rahman yasinye igihe kingana n’imyaka ibiri mu ikipe ya Rayon Sports.
Gikundiro ikomeje kuganira n’abandi bakinnyi benshi barimo na Omborenga Fitina kugira ngo ikomeze kwiyubaka mu buryo burambye.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…