Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda no kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, bemerewe gukorera ibikorwa byo kwiyamamaza mu bibuga by’ibigo by’amashuri mu gihe abanyeshuri batarimo kwiga.
Ni icyemezo cyafashwe na NEC nyuma yo kugaragara ko hari uturere dufite ahantu hake ho kwiyamamariza.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’iyi Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ivuga ko hashingiwe ku mabwiriza ya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora No 001/24 yo kuwa 19/2/2024 agenga amatora ya Perezida wa Repubulika n’Ay’Abadepite yo mu mwaka 2024, mu ngingo yayo ya 73.
NEC itangaje ibi mugihe mu minsi mike hatangijwe ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida bazavamo uzayobora u Rwanda hirya no hino mu gihugu, hari ahamaze kuburira ubuzima ku baturage bamwe baba bitabiriye ibyo bikorwa.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…