KWIYAMAMAZA

NEC yemereye Abakandida barimo kwiyamamaza gukora ibyo bikorwa ku bigo by’Amashuri

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda no kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, bemerewe gukorera ibikorwa byo kwiyamamaza mu bibuga by’ibigo by’amashuri mu gihe abanyeshuri batarimo kwiga.

Advertisements

Ni icyemezo cyafashwe na NEC nyuma yo kugaragara ko hari uturere dufite ahantu hake ho kwiyamamariza.

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’iyi Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ivuga ko hashingiwe ku mabwiriza ya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora No 001/24 yo kuwa 19/2/2024 agenga amatora ya Perezida wa Repubulika n’Ay’Abadepite yo mu mwaka 2024, mu ngingo yayo ya 73.

NEC itangaje ibi mugihe mu minsi mike hatangijwe ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida bazavamo uzayobora u Rwanda hirya no hino mu gihugu, hari ahamaze kuburira ubuzima ku baturage bamwe baba bitabiriye ibyo bikorwa.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago