Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda no kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, bemerewe gukorera ibikorwa byo kwiyamamaza mu bibuga by’ibigo by’amashuri mu gihe abanyeshuri batarimo kwiga.
Ni icyemezo cyafashwe na NEC nyuma yo kugaragara ko hari uturere dufite ahantu hake ho kwiyamamariza.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’iyi Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ivuga ko hashingiwe ku mabwiriza ya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora No 001/24 yo kuwa 19/2/2024 agenga amatora ya Perezida wa Repubulika n’Ay’Abadepite yo mu mwaka 2024, mu ngingo yayo ya 73.
NEC itangaje ibi mugihe mu minsi mike hatangijwe ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida bazavamo uzayobora u Rwanda hirya no hino mu gihugu, hari ahamaze kuburira ubuzima ku baturage bamwe baba bitabiriye ibyo bikorwa.
Mason Greenwood yagizwe umukinnyi w'umwaka mu ikipe ya Getafe ibarizwa muri shampiyona y'icyiciro cya mbere…
M23 imaze iminsi yigaruriye Umujyi wa Kanyabayonga ibintu byakozwe ngo mugihe gito, aho benshi bakomeje…
Mu itangazo ryashyizwe hanze na Rwanda FDA ryavuze rihagaritse burundu umuti wa EFFERALGAN VITAMINE C 500mg/200mg…
Ikipe Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha, myugariro Omborenga Fitina uherutse gutandukana na APR FC.…
Paul Kagame akaba na Chairman w'Umuryango FPR Inkotanyi, yijeje abaturage b'i Karongi ko umuhanda Muhanga-Karongi…
Edrisah Kenzo Musuuza wamamaye mu muziki nka Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we, umunyamabanga wa…