Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza ya Basa, mu karere ka Rubavu akurikinweho kwiba ibiryo by’abanyeshuri.
Uyu muyobozi w’iri shuri ryo mu kagari ka Basa, umurenge wa Rugerero wo mu karere ka Rubavu ngo yafatanywe ibyo kurya byagenewe abana ku ishuri yapakiye imodoka.
Umuvugizi wa polisi y’igihugu yemereye aya makuru umunyamakuru wa Radio&TV10.
Aho yagize aya makuru, ati ’’ayo makuru niyo rwose.’’
Kwiba cyangwa kunyereza ibiryo by’ abanyeshuri bisigaye muri za stocks ngo biri gukorwa henshi ku mashuri kuko abanyeshuri bagiye gutaha.
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…
Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…
Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage…
José Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine ndetse anacibwa amande ya 35.194£, nyuma yo…
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare 2025, mu Mujyi wa Bukavu hakozwe inama yaririmo…