Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza ya Basa, mu karere ka Rubavu akurikinweho kwiba ibiryo by’abanyeshuri.
Uyu muyobozi w’iri shuri ryo mu kagari ka Basa, umurenge wa Rugerero wo mu karere ka Rubavu ngo yafatanywe ibyo kurya byagenewe abana ku ishuri yapakiye imodoka.
Umuvugizi wa polisi y’igihugu yemereye aya makuru umunyamakuru wa Radio&TV10.
Aho yagize aya makuru, ati ’’ayo makuru niyo rwose.’’
Kwiba cyangwa kunyereza ibiryo by’ abanyeshuri bisigaye muri za stocks ngo biri gukorwa henshi ku mashuri kuko abanyeshuri bagiye gutaha.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…