INKURU ZIDASANZWE

Rubavu: Umuyobozi w’Ikigo cy’amashuri wafashwe yibye ibiryo by’Abanyeshuri yatawe muri yombi

Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza ya Basa, mu karere ka Rubavu akurikinweho kwiba ibiryo by’abanyeshuri.

Uyu muyobozi w’iri shuri ryo mu kagari ka Basa, umurenge wa Rugerero wo mu karere ka Rubavu ngo yafatanywe ibyo kurya byagenewe abana ku ishuri yapakiye imodoka.

Umuvugizi wa polisi y’igihugu yemereye aya makuru umunyamakuru wa Radio&TV10.

Aho yagize aya makuru, ati ’’ayo makuru niyo rwose.’’

Kwiba cyangwa kunyereza ibiryo by’ abanyeshuri bisigaye muri za stocks ngo biri gukorwa henshi ku mashuri kuko abanyeshuri bagiye gutaha.

Christian

Recent Posts

Greenwood watewe umugongo na Manchester United yahawe igihembo cy’umukinnyi w’umwaka muri Getafe

Mason Greenwood yagizwe umukinnyi w'umwaka mu ikipe ya Getafe ibarizwa muri shampiyona y'icyiciro cya mbere…

10 hours ago

Perezida Tshisekedi yatangiye kubazwa uko imijyi ikomeje gufatwa na M23 ubutitsa

M23 imaze iminsi yigaruriye Umujyi wa Kanyabayonga ibintu byakozwe ngo mugihe gito, aho benshi bakomeje…

13 hours ago

Rwanda FDA yahagaritse ku isoko ry’u Rwanda umuti wa EFFERALGAN VITAMINE C 500mg/200mg

Mu itangazo ryashyizwe hanze na Rwanda FDA ryavuze rihagaritse burundu umuti wa EFFERALGAN VITAMINE C 500mg/200mg…

14 hours ago

“Si njye uzabona ngeze imbere ya biriya bihumbi by’abafana” Omborenga Fitina nyuma yo gusinyira Rayon Sports

Ikipe Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha, myugariro Omborenga Fitina uherutse gutandukana na APR FC.…

1 day ago

Paul Kagame yijeje abaturage b’i Karongi ko umuhanda ubahuza na Muhanga ugiye gukorwa vuba

Paul Kagame akaba na Chairman w'Umuryango FPR Inkotanyi, yijeje abaturage b'i Karongi ko umuhanda Muhanga-Karongi…

1 day ago

Mu Mafoto: Umuhanzi Eddy Kenzo yasabye anakwa Minisitiri Phiona Nyamutooro

Edrisah Kenzo Musuuza wamamaye mu muziki nka Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we, umunyamabanga wa…

2 days ago