Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yisanze mu itsinda rya Kane D mu matsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’Afrika 2025 hamwe na Nigeria, Libya na Benin.
Tombola yabaye kuri uyu wa Kane yasize ‘Amavubi’ yongeye kwisanga hamwe na Nigeria na Benin bari kumwe nanone mu gushaka itike y’igikombe cy’isi 2026.
Amakipe y’ibihugu 48 yagabanyijwemu matsinda 12 agizwe n’amakipe ane, abiri ya mbere azahita abona itike yo kujya muri iri rushanwa rizaba rikinwa ku nshuro ya 35 rikazabera muri Maroc mu Ukuboza 2025.
U Rwanda rwari mu gakangara ka kane ari na ko ka nyuma kabarizwagamo ibihugu bine byaciye mu majonjora y’ibanze ari byo Tchad, Eswatini, Liberia na Sudani y’Epfo.
Ibindi bihugu biri muri ako gakangara ni Centrafrique, Niger, Gambia, u Burundi, Éthiopia, Botswana na Lesotho.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…